Ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika zagabye ibitero ku bwato butanu bwo muri Iran butwara peteroli, mu gusubiza ibitero bibiri Tehran yagabye ku bwato bw’intambara bwa Amerika mu minsi ibiri ishize.
Umuhanda wa Prince House-Giporoso-Masaka ni umwe mu mihanda ikoreshwa cyane mu bwikorezi mu Mujyi wa Kigali bitewe n’amaduka n’ibindi bikorwa by’ubucuruzi bikunze kurangwa muri uyu muhanda.
Imirwano ikomeje gufata indi ntera mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, aho ihuriro rya AFC/M23 rihanganye n’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, FARDC, n’imitwe ya Wazalendo mu bice bitandukanye biri hagati y
Israel yatangaje ko igiye gufunga ibiro by’uhagarariye inyungu z’u Bwongereza i Yeruzalemu y’Iburasirazuba, mu rwego rwo guhangana na gahunda z’u Bwongereza, u Bufaransa na Canada zo gukumira ibicuruzwa bituruka mu Banya
Ku nshuro ya mbere u Rwanda rwitabiriye kimwe mu bizamini bikomeye ku Isi bipima ubushobozi bw’abanyeshuri gusa hari ikintu kimwe cyagaragaye gishobora gutekerezwaho byihariye.
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda (UPDF), Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko hatangiye gufatwa bamwe mu basirikare bakuru baherutse kujya mu kiruhuko cy’izabukuru, nyuma yo kugaragara babyina mu birori byo kubasezerah
Abaturage bo mu Murenge wa Nyagihanga, mu Karere ka Gatsibo, bavuga ko bakomeje gukora urugendo rurerure bajya gushaka amazi mu mubande n’ayo babona akaba ari ibiziba.
Turi ku wa 9 Nzeri 2026. Ni umunsi wa 252 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 113 ngo uyu mwaka ugere ku musozo. Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka 1990 Papa Yohani Paul II yasoje uruzinduko rw’iminsi itatu
Umuyobozi w’Umujyi wa Paris, Anne Hidalgo, yasabye ko hakorwa iperereza ku cyemezo cyo gukura mu kazi bamwe mu bakozi b’abagore bakorera ku Munara wa Eiffel (Tour Eiffel)
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi (NAEB) cyatangaje ko imirimo yo kubaka inzu izajya yumishirizwamo toni 80 z’urusenda mu Cyumweru iri kugana ku musozo. Ika
Perezida w’Inama Njyanama y’Akarere ka Nyaruguru, Ingabire Véneranda, yatangaje ko inama njyanama yayoboye ikaba iri gusoza imyaka itanu ya manda, yishimira ko isize imanuye ibipimo by’igwingira mu bana; aho ryavuye kuri
Igikomangoma Harry n’umugore we, Meghan Markle batangaje ko batunguwe no kutamenyeshwa mbere ibaruwa Umwami Charles III w’u Bwongereza yanditse ibamenyesha ku mwanya wabo mu Muryango w’Ubwami.
Ubwo Sultan Haitham bin Tarik wa Oman yahaga Perezida Paul Kagame inkota gakondo yo muri Oman mu ruzinduko yagiriye i Salalah, iyo mpano yari ifite igisobanuro kirenze kuba urwibutso rusanzwe, kuko yisunze amateka amaze
Perezida Paul Kagame yakomeje uruzinduko rwe mu Bwami bwa Oman asura ahantu habiri h’ingenzi i Salalah, aho yamenye byinshi ku murage w’amateka n’umuco by’iki gihugu, ndetse n’ingamba Oman iri gushyira mu bikorwa mu kuvu
Minisiteri y’Ubuzima muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko abantu bamaze kwemezwa ko banduye Ebola bageze kuri 6.686, mu gihe 3.226 muri bo bamaze guhitanwa n’iki cyorezo.
Imishinga myinshi minini y’imihanda iteganyijwe gushyirwa mu bikorwa mu mwaka w’ingengo y’imari wa 2026/27 izamara igice kinini cy’umwaka ikiri mu byiciro birimo amasoko, kwimura no kwishyura abangirizwa n’imishinga, gus